Amakuru
Porokireri Brammertz yasoje uruzinduko rw’akazi yarimo mu Rwanda
Arusha, 12 Gicurasi 2025
Bwana Serge Brammertz, Porokireri w’Urwego Mpuzamahanga Rwashyiriweho Gukora Imirimo y’Insigarira y’Inkiko Mpanabyaha (IRMCT), yasoje uruzinduko rw’akazi yarimo i Kigali, mu Rwanda, kuva ku itariki ya 5 kugera ku ya 9 Gicurasi 2025, mu rwego rw’…
Icyo IRMCT ivuga nyuma y’uko Umucamanza Lydia Mugambe ahamijwe icyaha akanakatirwa
The Hague, 5 Gicurasi 2025
Muri Nyakanga 2024, Urwego Mpuzamahanga Rwashyiriweho Gukora Imirimo y’Insigarira y’Inkiko Mpanabyaha (IRMCT) rwamenye ko Umucamanza Lydia Mugambe yarimo gukorwaho iperereza kubera ibyaha yaregwaga, ubu Urukiko rw’ibanze rwa Oxford mu Bwongereza…
Perezida Gatti Santana yasoje uruzinduko rw’akazi rwe mu Rwanda mu gihe hibukwa, ku ncuro ya 31, jenoside yakorewe Abatutsi
Arusha, 7 Mata 2025
Uyu munsi, Umucamanza Graciela Gatti Santana, Perezida w'Urwego Mpuzamahanga Rwashyiriweho Gukora Imirimo y'Insigarira y'Inkiko Mpanabyaha (IRMCT), yasoje uruzinduko rw'akazi yagiriraga muri Repubulika y'u Rwanda. Urwo ruzinduko rwabaye mu gihe…
Urugereko rw’Ubujurire rwasomye urubanza rwerekeranye no gusubiramo imikirize y’Urubanza Porokireri aburana na Gérard Ntakirutimana
Arusha, 22 Ugushyingo 2024
Uyu munsi, Urugereko rw’Ubujurire rugizwe n’Abacamanza Graciella Gatti Santana (Uruguay), Perezida, Jean-Claude Antonetti (U Bufaransa), Burton Hall (Bahamas), Aminatta Lois Runeni N’gum (Gambiya), na Seon Ki Park (Koreya y’Epfo) rwasomye…
Porokireri Brammertz yasoje uruzinduko rw’akazi yarimo mu Rwanda
Arusha, 14 Ugushyingo 2024
Bwana Serge Brammertz, Porokireri w’Urwego Mpuzamahanga Rwashyiriweho Gukora Imirimo y’Insigarira y’Inkiko Mpanabyaha (IRMCT), yasoje uruzinduko rw’akazi yarimo i Kigali, mu Rwanda, kuva ku itariki ya 4 kugera ku ya 9 Ugushyingo 2024, mu rwego…
Uyu munsi, tariki ya 8 Ugushyingo 2024, Abayobozi bakuru ba IRMCT barizihiza imyaka 30 ishize Urukiko Mpanabyaha Mpuzamahanga Rwashyiriweho u Rwanda rushyizweho
Arusha, Lahe, 8 Ugushyingo 2024
Kuri iyi sabukuru y’imyaka 30 ishize Urukiko Mpanabyaha Mpuzamahanga Rwashyiriweho u Rwanda (TPIR) rushyizweho, Abayobozi bakuru b’Urwego Mpuzamahanga Rwashyiriweho Gukora Imirimo y’Insigarira y’Inkiko Mpanabyaha (“IRMCT”) ari bo, Perezida…
Kwandika abantu bifuza gukurikirana iburanisha ryerekeranye no gusubiramo imikirize y’Urubanza Porokireri aburana na Gérard Ntakirutimana, rizaba kuva ku itariki ya 18 kugera ku ya 22 Ugushyingo 2024, byatangiye
Arusha, 18 Ukwakira 2024
Kwandika abantu bifuza gukurikirana iburanisha ryerekeranye no gusubiramo imikirize y’Urubanza Porokireri aburana na Gérard Ntakirutimana, mu Rugereko rw’Ubujurire rw’Urwego Mpuzamahanga Rwashyiriweho Gukora Imirimo y’Insigarira…
Ishami Rishinzwe Ubushyinguranyandiko rya IRMCT ryakoresheje, hifashishijwe ikoranabuhanga ry’amajwi n’amashusho, ihugurwa rigenewe abashakashatsi n’abakora mu rwego rw’amategeko bo mu Rwanda
Arusha, 13 Kamena 2024
Ku itariki ya 13 Kamena 2024, Ishami Rishinzwe Ubushyinguranyandiko ry’Urwego Mpuzamahanga Rwashyiriweho Gukora Imirimo y’Insigarira y’Inkiko Mpanabyaha (MARS/IRMCT) ryakoresheje, hifashishijwe ikoranabuhanga ry’amajwi n’amashusho, ihugurwa…
Perezida Gatti Santana yagejeje ku Nama Ishinzwe Amahoro ku Isi y’Umuryango w’Abibumbye raporo y’ibikorwa bya IRMCT
Arusha, Lahe, 11 Kamena 2024
Uyu munsi, Umucamanza Graciela Gatti Santana, Perezida w’Urwego Mpuzamahanga Rwashyiriweho Gukora Imirimo y’Insigarira y’Inkiko Mpanabyaha (IRMCT), yagejeje ku Nama Ishinzwe Amahoro ku Isi y’Umuryango w’Abibumbye (Inama), i New York, raporo ku…
Umushinjacyaha wa IRMCT aratangaza ko abantu bose bahunze ubutabera bw'Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rw’uRwanda (ICTR) bamaze gufatwa cyangwa kumenyekana aho baherereye.
Arusha, 15 Gicurasi 2024
Ibiro by'Ubushinjacyaha by’Urwego Mpuzamahanga Rwashyiriweho Gukora Imirimo y'Insigarira y'Inkiko Mpanabyaha uyu munsi biratangaza ko byashoboye kumenya amakuru yerekeranye n’abantu bose bahunze ubutabera bari barashiriweho impapuro zo kubafata n…