Amakuru

Mechanism holds diplomatic briefing in The Hague

Lahe, 17 Gicurasi 2017

From left to right: Prosecutor Serge Brammertz, President Theodor Meron and Registrar Olufemi Elias hold briefing for the diplomatic corps
From left to right: Prosecutor Serge Brammertz, President Theodor Meron and Registrar Olufemi Elias hold briefing for the diplomatic corps

Uyu munsi abayobozi bakuru b’Urwego Rwashyiriweho Inkiko Mpanabyaha Mpuzamahanga (MICT) bagiranye ikiganiro n’abadiporomate bahagarariye ibihugu byabo mu gihugu cy’u Buholandi.

 

Ibiro bya Porokireri byibutse abakorewe jenoside yo mu Rwanda

Arusha, 7 Mata 2017

Serge Brammertz, Porokireri wa MICT, na Richard Muhumuza, Umushinjacyaha Mukuru w’u Rwanda, ku Rwibutso rwa Jenoside ku Gisozi, Kigali, Rwanda, muri Mata 2016.
Serge Brammertz, Porokireri wa MICT, na Richard Muhumuza, Umushinjacyaha Mukuru w’u Rwanda, ku Rwibutso rwa Jenoside ku Gisozi, Kigali, Rwanda, muri Mata 2016.

Mu gihe uyu munsi isi yose ibaye ihagaritse ibyo yakoraga ngo yibuke kandi yunamire abazize jenoside yo mu Rwanda ku ncuro ya 23, Ibiro bya Porokireri (OTP) w’Urwego Rwashyiriweho Inkiko Mpanabyaha Mpuzamahanga (MICT) bitewe agahinda n’ibyabaye…

 

MICT yifatanyije n’abandi kwibuka jenoside yabaye mu Rwanda mu mwaka wa 1994

Arusha, 7 Mata 2017

The Registrar of the Mechanism Elias Olufemi (right) joins (on his right) the East African Community (EAC) Deputy Secretary General of Finance and Administration Jesca Eriyo; the Guest of Honour and Regional Commissioner of Arusha Mrisho Gambo; and the Rwanda High Commissioner to Tanzania Eugene Kayihura in a memorial service, in remembrance of the victims of the Rwanda genocide. The event took place at the head office of the (EAC) in Arusha.
The Registrar of the Mechanism Elias Olufemi (right) joins (on his right) the East African Community (EAC) Deputy Secretary General of Finance and Administration Jesca Eriyo; the Guest of Honour and Regional Commissioner of Arusha Mrisho Gambo; and the Rwanda High Commissioner to Tanzania Eugene Kayihura in a memorial service, in remembrance of the victims of the Rwanda genocide. The event took place at the head office of the (EAC) in Arusha.

Urwego Rwashyiriweho Inkiko Mpanabyaha Mpuzamahanga (MICT) uyu munsi rwitabiriye umuhango wo kwibuka ku ncuro ya 23 jenoside yabaye mu Rwanda mu mwaka wa 1994. Uwo muhango wabereye ku cyicaro cy’Umuryango w’Ibihugu by’Afurika y’Iburasirazuba (EAC…

 

MICT yakiriye abafasha b’abacamanza bo mu bucamanza bwa Tanzaniya

Arusha, 21 Werurwe 2017

Abayobozi ba MICT bari kumwe n’intumwa zo mu bucamanza bwa Tanzaniya ku biro bya MICT, Ishami ry’Arusha
Abayobozi ba MICT bari kumwe n’intumwa zo mu bucamanza bwa Tanzaniya ku biro bya MICT, Ishami ry’Arusha

Ku wa Gatanu, tariki ya 17 Werurwe 2017, Urwego Rwashyiriweho Inkiko Mpanabyaha Mpuzamahanga (“MICT” cyangwa “Urwego”) rwakiriye, ku biro by’Ishami ryayo ry’Arusha, itsinda ry’abafasha b’abacamanza bo mu bucamanza bwa Repubulika Yunze Ubumwe ya…

 

‘Ndi Impinduka’: MICT yizihije Umunsi Mpuzamahanga w’Umugore

Arusha, 8 Werurwe 2017

Abakozi ba MICT-Ishami ry’Arusha bari kumwe n’abanyeshuri mu rwego rwa Gahunda yo kugira inama Abakobwa b’Arusha
Abakozi ba MICT-Ishami ry’Arusha bari kumwe n’abanyeshuri mu rwego rwa Gahunda yo kugira inama Abakobwa b’Arusha

Ishami ry’Urwego Rwashyiriweho Inkiko Mpanabyaha Mpuzamahanga ry’Arusha (“MICT”) uyu munsi ryizihije Umunsi mpuzamahanga w’umugore ufite insanganyamatsiko igira iti “Shira amanga uharanire impinduka”.

 

Gerefiye Elias yashoje ubutumwa bw’akazi yarimo muri Afurika y’Iburasirazuba n’iy’Iburengerazuba

Arusha, 7 Werurwe 2017

Gerefiye Elias (hagati) ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Gisozi i Kigali
Gerefiye Elias (hagati) ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Gisozi i Kigali

Ku wa Kane, tariki ya 2 Werurwe 2017, Olufemi Elias, Gerefiye w’Urwego Rwashyiriweho Inkiko Mpanabyaha Mpuzamahanga (“MICT”), yashoje ubutumwa bw’akazi yagiriye muri Afurika y’Iburasirazuba n’iy’Iburengerazuba. Muri urwo ruzinduko, Elias…

 

MICT yatangije urubuga rwayo rwa interinete ruvuguruye kandi rukora neza kurushaho

Arusha, Lahe, 4 Mutarama 2017

New website

Urwego Rwashyiriweho Inkiko Mpanabyaha Mpuzamahanga (“MICT”) ejo rwatangije urubuga rwayo rwa interinete ruvuguruye kandi ruteye imbere kurusha urwahozeho, mu rwego rwo kugerageza gutuma abantu barushaho kugera ku makuru yayo mu mucyo. 

 

MICT yarangije kwimura inyandiko za TPIR

Arusha, 13 Kigarama 2016

MICT yarangije kwimura inyandiko za TPIR

Inyandiko zahoze ari iz’Urukiko Mpanabyaha Mpuzamahanga Rwashyiriweho u Rwanda (“TPIR”) ubu zose zarimuwe kugira ngo zibikwe n’Urwego rw’Inkiko Mpanabyaha Mpuzamahanga (“MICT”).

 

Perezida Meron yagejeje ijambo ku Inama Ishinzwe Amahoro ku Isi kandi ahamagarira irekurwa ry’Umucamanza Aydin Sefa Akay ufunze

Arusha, Lahe, 8 Kigarama 2016

Perezida Theodor Meron
Perezida Theodor Meron

Perezida w’Urwego Rwashyiriweho Inkiko Mpanabyaha Mpuzamahanga (“MICT”), Umucamanza Theodor Meron, uyu munsi yagejeje ku Nama y’Umuryango w’Abibumbye Ishinze Amahoro ku Isi raporo nshya ku mirimo ya MICT kandi ahamagarira irekurwa ry’Umucamanza…

 

Porokireri Serge Brammertz yagejeje ijambo ku Nama y’Umuryango w’Abibumbye Ishinzwe Amahoro ku Isi

Arusha, The Hague, 8 Kigarama 2016

Porokireri Serge Brammertz
Porokireri Serge Brammertz

Uyu munsi, Serge Brammertz, Porokireri w’Urwego Rwashyiriweho Inkiko Mpanabyaha Mpuzamahanga (MICT) n’uw’Urukiko Rwashyiriweho icyahoze ari Yugosilaviya (TPIY) yagejeje ijambo ku Nama y’Umuryango w’Abibumbye Ishinzwe Amahoro ku Isi (UNSC).