Itangira ry’urubanza rwa Stanišić na Simatović – Kwandika abanyamakuru bifuza gukurikirana urubanza byarangiye

Mechanism
Lahe
Courtroom

Igikorwa cyo kwandika abantu bahagarariye ibitangazamakuru bifuza gukurikirana itangira ry’urubanza rwa Jovica Stanišić na Franko Simatović, riteganyijwe ku itariki ya 13 Kamena 2017, ubu cyarangiye.

Amakuru ya nyuma yerekeranye n’itangazamakuru na risite y’ibitangazamakuru byemerewe gukurikirana uwo muhango biboneka ku rubuga rwa MICT.

Abanyamakuru basabwe kuza gufata amakarita yabo, bazitwaza muri uwo muhango, ku wa Mbere, tariki ya 12 Kamena 2017, kuva saa yine za mu gitondo kugera saa kumi z’igicamunsi, ku irembo rinini ry’ibiro bya MICT, Ishami rya Lahe.

Abadahagarariye ibitanga