Akazi

Uru rwego rukoresha abantu mu buryo bukurikije amategeko yo gutanga akazi mu muryango w’Abibumbye, ibyo gushyira mu myanya abakozi birebena n’Urwego gusa, imyanya ikeneye abakozi iri mu mashami yarwo abiri: Arusha, muri Tanzaniya, cg se i Lahe, mu Buholandi.

Inyandiko zisaba akazi zigomba gukorerwa ku rubuga rw’Umuryango w’Abibumbye, igice cy’imyanya ikeneye abakozi.

Gusaba akazi ku basanzwe bakora muri urwo Rwego: Inspira Abakozi b’Umuryango w’Abibumbye
Gusaba akazi ku baturutse hanze y’urwo Rwego: Urubuga rw’amatangazo y’akazi rw’umuryango w’Abibumbye


Ilisiti y’imyanya ikeneye abakozi iboneka mu gice cy’icyongereza cy’uru rubuga.